Similar Songs
Credits
COMPOSITION & LYRICS
Juda Muzik
Songwriter
Lyrics
Bihora bisaba kuruma umutima
Ngo ndebe ko nava muri aya marira
N'aka gahindaaaa
Buri nguni y'umutima irakumva
Tuganira buri munsi nk'aho ugihari
Nk'aho ntaho wagiye
Ntinya abambaza iby'amakuru yanjye kuko udahari
Mpita numva nkukumbuye
Mahoro y'umutima
Ntinya abambaza iby'amakuru yawe kuko udahari
Mpita numva nkukumbuye
Mahoro y'umutima
Iyo umbwira tukajyana wenda
Ko aho uri wowe umeze neza
Iyo umbwira tukajyana wenda
Ko aho uri wowe umeze neza
Iminsi irandushya
Ni umwijima gusa
Sinamenye icyo ihatse
Wenda nari kugusezera
Iminsi irandushya
Ni umwijima gusa
Sinamenye icyo ihatse
Wenda nari kugusezera
What does this world mean without people we love
I miss you everyday but I don't know where to find you
In this lonely world umubumbe wabaye munini
Damn! Wabaye munini
Ururabo ruruma ukaruramira
Ariko uwagiye ntiwamugarura
My mama told me yeah
Ibyishimo hoya ntibiramba, yeah
Am afraid that everything will never be the same
Isi utarimo nyibara nk'aho itariho
Iyaba mu ijuru hari umunsi wo gusura
Nahagera nkongera nkabona ako gasura
Ntinya abambaza iby'amakuru yanjye kuko udahari
Mpita numva nkukumbuye
Mahoro y'umutima
Ntinya abambaza iby'amakuru yawe kuko udahari
Mpita numva nkukumbuye
Mahoro y'umutima
Iyo umbwira tukajyana wenda
Ko aho uri wowe umeze neza
Iyo umbwira tukajyana wenda
Ko aho uri wowe umeze neza
Iminsi irandushya
Ni umwijima gusa
Sinamenye icyo ihatse
Wenda nari kugusezera
Iminsi irandushya
Ni umwijima gusa
Sinamenye icyo ihatse
Wenda nari kugusezera
Ururabo ruruma ukaruramira
Ariko uwagiye ntiwamugarura
My mama told me yeah
Ibyishimo hoya ntibiramba, yeah
Iminsi irandushya
Ni umwijima gusa
Sinamenye icyo ihatse
Wenda nari kugusezera iyo
Blessings over blessings
Lyrics powered by www.musixmatch.com