Lyrics
Ntewe ishema ryo kuba mu bwiza bwawe
Aho nkuramisha bugingo bwanjye
Namenye ko ari wowe mutangabugingo
Namenye ko ari wowe wo kwiringirwa
Ngira nti:
Nyagasani Mana mubyeyi wanjye
Uhorana nanjye, undinda mu ntambwe zanjye
Ngufitiye ituro, akira umutima wanjye
Ube uwawe, nawe ube uwanjye
Warakoze Mana
Warakoze Mana
Warakoze Gitare
Warakoze Mana
Ntawe uhwanye nawe
Tubivuge urabaruta
Yeah hiiii hiiiiii
Mu ntambara z'urudaca uhorana intsinzi
Wambereye umucyo mu mwijima
Nta wakwigereranya wowe urihariye
Mukunzi wanjye, munezero wanjye
Ngira nti:
Nyagasani, Mana; mubyeyi wanjye
Uhorana nanjye, undinda mu ntambwe zanjye
Ngufitiy' ituro, akira umutima wanjye
Ube uwawe, nawe ube uwanjye
Warakoze Mana
Warakoze Mana
Ntawe uhwanye nawe Gitare
Warakoze Yesu
Waduhaye igihugu
Gitemba amata nubuki
Warakoze Mana
Haleluyah, amen, oh
Halleluyah, amen, ooh
Haleluyah, amen, oh
Halleluyah, amen, ooh
Haleluyah, amen, oh
Halleluyah, amen, ooh
Haleluyah, amen, oh
Halleluyah, amen, ooh
Warakoze Mana
Warakoze Mana
Ntawe uhwanye nawe
Ntawe ukora nkibyo ukora
Waduhaye igihugu
Gitemba amata nubuki
Warakoze Mana
Warakoze Mana
Lyrics powered by www.musixmatch.com