Lyrics

Ntewe ishema ryo kuba mu bwiza bwawe Aho nkuramisha bugingo bwanjye Namenye ko ari wowe mutangabugingo Namenye ko ari wowe wo kwiringirwa Ngira nti: Nyagasani Mana mubyeyi wanjye Uhorana nanjye, undinda mu ntambwe zanjye Ngufitiye ituro, akira umutima wanjye Ube uwawe, nawe ube uwanjye Warakoze Mana Warakoze Mana Warakoze Gitare Warakoze Mana Ntawe uhwanye nawe Tubivuge urabaruta Yeah hiiii hiiiiii Mu ntambara z'urudaca uhorana intsinzi Wambereye umucyo mu mwijima Nta wakwigereranya wowe urihariye Mukunzi wanjye, munezero wanjye Ngira nti: Nyagasani, Mana; mubyeyi wanjye Uhorana nanjye, undinda mu ntambwe zanjye Ngufitiy' ituro, akira umutima wanjye Ube uwawe, nawe ube uwanjye Warakoze Mana Warakoze Mana Ntawe uhwanye nawe Gitare Warakoze Yesu Waduhaye igihugu Gitemba amata nubuki Warakoze Mana Haleluyah, amen, oh Halleluyah, amen, ooh Haleluyah, amen, oh Halleluyah, amen, ooh Haleluyah, amen, oh Halleluyah, amen, ooh Haleluyah, amen, oh Halleluyah, amen, ooh Warakoze Mana Warakoze Mana Ntawe uhwanye nawe Ntawe ukora nkibyo ukora Waduhaye igihugu Gitemba amata nubuki Warakoze Mana Warakoze Mana
Lyrics powered by www.musixmatch.com
instagramSharePathic_arrow_out